Ni gute wabona umukunzi

Icyiciro : Ubuzima n'imibereho myiza

Kenshi iyo abantu bashaka ubucuti bushya, bakunze gushakisha umuntu ubuzuza cg bagatekereza gusangiza ubuzima bwabo n'umuntu umeze kimwe nkabo. Bityo bakagerageza kwiyereka mu buryo bwiza bushoboka k'umukunzi batekereza wo mu gihe cyizaza. Bakagaragara nkabatagira inenge, bujuje ibyangomba, kandi bizera ko umukunzi bashaka ari nabyo nawe ashaka.

Aha hari uburyo bune bwizewe wagenderaho ukabona umukunzi

1. Hagarika gushakisha ukugwa ku mutima, ushake ibice ubuze byawe

Ibi bishobora kuba bimeze nk'ubucucu, ariko niko abantu bamwe bahuye n'abakunzi babo. Baretse kwiruka kubo bari barihaye hashize igihe kinini batandukanye, mbere bizera ko ari bo ba mbere mu buzima bwabo. Hanyuma biyemeje kwiyitaho ubwabo, kugirango bimenye kandi bemere uko bari, bikize ibikomere byakera, kandi bisuzume bateza imbere ibice bibagize.

Mu gihe cyahise, Bifuzaga kuba hamwe n'umuntu kugirango bumve bizihiwe, babone umuntu ubakunda kugirango bumve ko bakunzwe. Gutandukana n'abakunzi bakera byari bibabaje cyane kubera ko byari bimeze nko gusezeranaho, nko kumva igice cyawe cyikuvuyeho.

Icyo bavumbuye ni uko bagombaga kwiga kuba buzuye(batagabanyijwe). Kandi igihe batangiye kubikora ubuzima bwabo bwarahindutse.

2. Ba mu buzima bwawe nk'uko ushaka kububamo

Niyo utangiye kuvumbura byinshi kuri wowe no gukurikiza inzira yawe, utangira kubaho mu buzima bufite igisobanuro kuri wowe. Ntabwo uba ugikurikiza amategeko n'ibitekerezo by'undi muntu by'ibyo wagakwiriye gukora.

Ibi bishobora guca intege abantu baguhora hafi buri gihe, nk'umuryango. Ariko niba ushaka kunyurwa mu buzima bwawe, ugomba kwiyitaho ubwawe, ntawundi ubigukoreye.

Kandi gukora ibiri mu buryo bwawe bisobanuye ko uzaba ahantu henshi, ahantu uzaba wegereye abantu bari k'umurongo w'inzira yawe. Bityo uzagira amahirwe menshi yo guhura n'uwakuguye ku mutima, kubera ko uwakuguye ku mutima nawe azaba ari mu nzira y'ubuzima bwawe.

3. Hagarika kugerageza kugaragara iruhande rw'umuntu watekereje, umukunzi ufite ubushobozi

Ikinyuranyo cy'uko uyobora ubuzima wahisemo ni uko kuba umuntu ukurura cyane abandi byikora. Uhinduka uw'ukuri, wemewe, ukwiye, w'agaciro, ufite ishyaka, wishimye, kandi uhari (ugezweho). Ibi bizatuma uba mwiza muri kamere yawe, mu nzira zitakugoye, kandi bizatuma ukurura abakugwa k'umutima.

N'aho igihe ugeregeza kwigira umuntu ukurura abandi kugirango ubone umukunzi, uba uhindura uko witwara maze ukisobanura mu buryo uwagukunze nahagera, adashobora ku kumenya.

Kubera iyo mpamvu, ba wowe, yaba ushaka kwambara imyenda ihenze cg imyenda ibabwira, ifite ibiraka, igezweho cg niba ibyo ukunda bihinduka mu bihe bitandukanye. Ntabwo ukeneye ibiro runaka, umukaya munini cg kwambara inkweto ziruhanyije utazikunda. Jya muri gym gusa niba ubikunda, kora yoga niba ubikunda, genda n'amagaguru cg n'ubwato cg n'igare niba unezerwa nabyo.

Umufasha muzabana igihe kirekire ntabwo azafata icyemezo kubijyanye n'ibyo ukunda byatuma ugaragara. Bityo reba ibyo wumva biri mu buryo bwawe, kora ibikorwa wishimira, ambara imyambaro igukwiriye, wumva unyuzwe. Uzakurura cyane ukugwa ku mutima niba ugaragara nka we igihe uzahura nawe.

4. Niba ukuruwe n'imyitwarire myiza iri mu w'undi muntu, shaka nawe uko wateza imbere iyo myitwarire muri wowe

Benshi muri twe twerekana gusa agace gato kabo turi bo. Twizitira ku bushobozi bwiza dufite, ugasanga twarabaye mu bisubizo mu bihe by'ubwana bwacu. Bikaba ari ibihe tutashobora kwirinda biba mu buryo bwi mikurire. Kubera ko tuba dufite guforoma imyitwarire cg ubwirasi, bidushoboza kubaho tukizera gutsinda mu miryango yacu no mu mibanire tugirana n'abandi bantu.

Kugirango ubone umukunzi mu gihe gito. Bana n'ubuzima, wemere impano baguha.
Igihe uhuye n'umuntu, ntukihutishe ibintu, jya ureka ubucuti bufunguke


Ibitekerezo

Philipbanda November 28th, 2017 - 10:59AM
ome people, especially those running on busy daily schedules tend to use the pills to help maintain weight since they can not afford to follow all the diet programs. This is not advised. It is recommended that one seek advice from a professional in this field before using the pills. This can save one from many dangers associated with the misuse. The diet pills should always be taken whole. Some people tend to divide the pills to serve a longer period of time. This is not advised and can lead to ineffectiveness. If it is required that one takes a complete tablet, it means that a certain amount of the ingredients are required to achieve the desired goal. It is also recommended that one does not crush the pill and dissolve it in beverages. Chemicals found in beverages have the potential of neutralizing the desired nutrients in the pill thereby leading to ineffectiveness. The best way to take the tablets is swallowing them whole with a glass of water. https://www.cialissansordonnancefr24.com/cialis-a-vendre-montreal/
Veronique January 03rd, 2018 - 2:34PM
online loans direct lenders payday loans online bad credit payday loans direct lenders payday loans bad credit
Charla January 23rd, 2018 - 9:48AM
casino online online casino casino games casino games casino games
Gilbert January 28th, 2018 - 7:43PM
online casino real money casino casino online online slots real money casino
Frances February 01st, 2018 - 9:28PM
weight loss prescription drugs diet pills that really work weight loss drugs prescription best supplements for weight loss diet supplements that work
augu April 12th, 2018 - 10:10AM

ni byiza sana!

Tony January 24th, 2019 - 1:06AM

Hi

I have tried sending you a message from your site but I have gotten an auto response saying it was not delivered for some bizarre reason, so here goes again! Please acknowledge receipt.

As I mentioned in my earlier message, I would like to contribute one of my guides on crypto-backed loans to your blog. I used to work for a payday loan company in the UK and so I have quite a good knowledge of the financial lending sector. I decided to write this guide because I feel that cryptocurrency will have a major impact on the payday loan industry in the next 5 to 10 years. I have tried to be as detailed as possible so you will find that the guide is fairly lengthy. Perhaps it would be a good idea for you to split it up into several blog posts or do as you see fit.

I am terribly sorry but I did not have much time to find royalty free images. One company that I contacted whilst doing research and collecting references for this guide did give me permission to publish on of their banners that I have included in the g-drive folder.

The entire guide is saved in a Word document inside my Google drive which you can access via this link

https://drive.google.com/drive/folders/1TjO3WVH0tKuzotBh65w8jrJaCUfsjDdP?usp=sharing

I hope your readers will enjoy reading my guide.

I would be most grateful if you could send me a link to the guide once you have published it!

I will endeavour to write a couple more articles as and when I get some more free time: it is hell at work after the festive period.

Have a fab day.

Regards Tony

Gira icyo uvuga ku ngingo yanditse haruguru, niba ufite igitekerezo cg icyifuzo, cyandike.

Subscribe with your Email address to always get new articles